mercredi 12 octobre 2016

Imiturirwa iri kuzamurwa muri Kigali n'ibibazo byibazwa

    Inyubako ndende zitandukanye zikomeje kubakwa uko bwije n’uko bukeye mu Mujyi wa Kigali, ndetse                    igishushanyo mbonera cy’uyu mujyi kigaragaza ko izimaze kuhagera ari integuza y’izitabarika ziri imbere.
Mu miturirwa igaragara uyu munsi mu Mujyi wa Kigali harimo inyubako ya M Peace Plaza y’umunyemari Makuza, Kigali City Tower, Grand Pension Plaza, inyubako y’Ubucuruzi ya CHIC, inyubako zahinduye amateka y’ahitwaga mu Gakinjiro ku Gisozi, n’ahandi.
Bamwe bishyize hamwe bakusanya amafaranga nk’abacuruzi, abifite bashora akayabo bayashora mu nyubako ndetse na leta irabashyigikira, abadafite ahagije bitabaza banki zo mu Rwanda no mu mahanga bazamura inyubako benshi batatekerezaga.


Ni ibikorwa remezo byitezweho guha amahitamo menshi abagihengekera ubucuruzi bwabo cyangwa ibiro mu nzu zagenewe guturwamo, kimwe n’izikoreshwa ariko zitajyanye n’igihe, haba ku ndeshyo, aho ziherereye cyangwa kuba zitujuje ibyangombwa by’ibikorwa remezo u Rwanda rukeneye muri iki kinyejana.
Ba rwiyemezamirimo barahangayitse
Amabwiriza mashya y’imyubakire agena ko inzu igezweho idatana n’amazi, amashanyarazi na internet, ndetse benshi bakoze ibishoboka birakorwa nubwo hari aho bitanoze, ariko abenshi bakitsa ko inyubako zabo zitarakorerwamo nibura na 60%.
Hatungwa agatoki ko abakababereye abakiliya bashinze imizi mu “tujagari” hirya no hino, inzu zikoreshwa ibyo zitagenewe n’izindi zitajyanye n’icyerekezo cy’Umujyi wa Kigali, byose bikongera igitutu ku iterambere ry’abashoramari mu myubakire.
Umunyemali Makuza Bertin ni umwe mu bateye intambwe yubaka inzu idasanzwe mu rwa Gasabo, ayiha inyubako 15 zigerekeranye.
Ucyinjiramo ubona ibyuma bizamura abantu mu magorofa (ascenceur na tapis roulant), uburyo bw’umutekano burimo kamera (camera) n’ibizimya umuriro, imoteri itanga ingufu iyo amashyarazi abuze, parikingi nini, ariko ngo ntirinjiza amafaranga uko bikwiye.
Iyi nyubako yatashywe na Perezida Kagame muri Kanama 2015, nyuma y’umwaka umwe M Peace Plaza irakorerwamo ku kigero cya 42%, n’ubwo ibyiciro 25 byagenewe guturwamo byo byuzuye rugikubita.
M. Peace Plaza yatangiye kubakwa mu mwaka wa 2010, yuzura itwaye miliyoni 40 z’amadolari, aho Makuza yatanze miliyoni $20 akifashisha n’inguzanyo yahawe na IFC na GT Bank.
Makuza Bertin yabwiye IGIHE ko atazi niba ari ukubera ko ari ubwa mbere inyubako yubatswe abantu bakaba batarabimenyera.
Ati “Hano dukorera ho n’abantu ntibabasha gutambuka kubera uyu muhanda ufunze bijyanye n’ibyerekezo uganamo, nkatekereza ko bareba uko babigenza kuko bituma abantu batahaza. Ikindi uretse ibiro, aba bacuruza baba bishakira aha make cyane.”
“Watekereza inzu nk’iyi wubatse ku ideni ry’amadolari, wareba ikiguzi n’ukuntu wavunjishije icyo gihe… nkuhaye urugero, dufata amasezerano y’umwenda w’iyi nzu, idolari ryari kuri 570 Frw none ubu riri kuri 820 Frw. Urumva rero ikibazo aho giherereye, ubu kwishyura ni ikibazo gikomeye cyane. Uravunja mu madolari ugasanga urahenzwe.”
Makuza avuga ko ubu hari ikibazo ko atazabasha kwishyura inguzanyo yahawe mu gihe cy’imyaka 10 yemeranyijeho na banki zamugurije.
Ati “Turareba ngo ese tumanure ibiciro dushyire hamwe n’abandi, ukibaza uti se nzabasha kwishyura? Cyakora tugize Imana wenda inzu bakajyamo ari benshi, byadufasha. Ikindi na Leta niyo ifite ibikorwa byinshi by’ibiro, bakadufasha kugira ngo nabo bazemo bakoreremo.”
Ikibazo cy’Umunyemali Makuza gihura n’impungenge za koperative SOPROCOGI yubatse Umukindo Center, inyubako nini y’ubucuruzi iri ku Gisozi mu Gakinjiro.
Iyo nzu yuzuye mu myaka ibiri ishize itwaye miliyari 6 Frw zirimo izisaga eshatu z’inguzanyo. Kuyikoreramo bigeze kuri 40% ku buryo nabo kwishyura inguzanyo byagoranye bagasaba ko barenza ku myaka 10 yemejwe mbere.
Umuyobozi w’iyi koperative, Rudasingwa Jean Baptiste, we yabwiye IGIHE ko uretse inzu yo hasi n’iyikurikira, izindi ebyiri zo hejuru zitarakoreshwa, ndetse ngo si ku nyubako yabo gusa kuko n’izo baturanye ntacyo zibarusha.
Ati “Ku nzu yacu, hasi niho hakoreshwa nta kibazo hafite, hejuru ntabwo barajyamo ariko hari icyizere. Habaye kuganira na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, batwizeza ko hari abadozi bazaduha bazajyamo, nicyo cyizere dufite.’’
Ku ruhande hari indi nyubako ya koperative COPCOM y’ibyumba bisaga 4oo yuzuye itwaye miliyari 3,5 Frw, ubu iri gukorerwamo ku kigero 57%
Ibitekerezo bitandukanye ku myubakire
Mu gihe Umujyi wa Kigali ukomeza kwaguka, bizasaba ko abubaka banoza inyigo zijyanye n’ahantu, ku buryo abakiliya bagana izi nyubako bazishimiye, ndetse bakanamenyekanisha inyubako zabo ngo umukiliya abagane.
Ubuyobozi bwa M Peace Plaza buvuga ko nk’inzu zo guturwamo muri iyi nyubako zahise zibona abazikoresha bitandukanye n’ibindi bice by’iyi nyubako.

Umuyobozi wa SOPROCOGI yubatse Umukindo Plaza, Rudasingwa Jean Baptiste we yagize ati “Icyo ntekereza ni uko ahari habayeho kwibeshya, kuko mu bujyanama twari twahawe n’umujyi hari kubakwa inzu enye zigerekeranye, ebyiri zikajyamo aho gutura. Iyo bikorwa gutyo byari kuba byiza kuko abantu bakenera ahantu bakorera banataha hafi.”
Rudasingwa kandi yavuze ko biyemeje kumvikana n’abakiliya bose babona, aho ibiciro biri hagati y’ibihumbi 600 Frw ku nzu yo hasi n’ibihumbi 100 Frw ku nzu yo hejuru, ariko ntibiragenda neza nubwo hari icyizere.
Umuyobozi mu kigo Doyelcy Ltd gicunga inyubako ya Kigali City Tower, Ngarambe Aloysius, we yabwiye IGIHE ko uburyo iyo nyubako yubatse n’ibigo byatangiye kuyikorerano mbere, bishobora kugira uruhare mu kuba yose ibona abakiliya.
Kugeza uyu munsi KCT yuzuye mu 2011 ikorerwamo ku gipimo cya 97%, mu bacuruzi 62 bafashe iyi nyubako igizwe n’inzu zigera kuri 20.
Yagize ati “Twe nka hano nta kibazo dufite. Wenda abantu uko inyubako zigenda zuzura ni nako bajya ahandi, ariko kugeza ubu bimeze neza. Twe dufite nk’igisenge cyihariye uba ureba Kigali (Roof Top) kiberaho ibintu byinshi, ahabera sinema hakoze neza muri Afurika y’u Burasirazuba, kandi uko habamo ibintu byinshi, ni nako uhakorera abonamo amahirwe menshi y’ubucuruzi.”
Indi nyubako y’ubucuruzi igezweho ni CHIC Complex, yubatswe n’abacuruzi bibumbiye mu cyiswe Champion Investment Corporation, CHIC.
Umuyobozi w’iki kigo, Ngabonziza Tharcisse, we yavuze ko nubwo iyi nyubako yabo itabona abakiliya benshi, ariko baza mu buryo bugereranyije.
Ati ‘‘Hashize amezi ane dutangiye kuko twatangiye kwakira abantu mu mpera za Werurwe. Abantu ntabwo ari benshi ariko baraza, ku munsi twakira nk’abantu babiri, batatu, ubu tumaze kugera nko kuri 45%.’’
Umujyi wa Kigali warabihagurukiye
Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Bruno Rangira, yabwiye IGIHE ko kuva mu 2011, ikibazo cy’inyubako zikoreshwa ibyo zitagenewe cyakurikiranwaga, nubwo icyo gihe igishushanyo mbonera cy’Umujyi cyari kitaraboneka.
Mu 2013 aho cyaboneye ngo nicyo gikurikizwa, ubu hakaba hagiye gukorwa igenzura harebwa niba ikibazo cy’inzu zibangamiye iterambere ry’imyubakire, ndetse hakaba haheruka gusohoka Iteka rya Minisitiri rishyiraho amabwiriza ajyanye n’imitunganyirize y’imijyi, n’ibihano ku muntu wese urirengaho.
Yakomeje agira ati ‘‘Mu gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Kigali turagenda mu byiciro. Nk’ubu hari kuvugurura mu bice bimwe bya Matheus, ku buryo muri izo nyubako nshya zigenda ziza, haba hari amahirwe ko babona aho bimukira.’’
‘‘Gusa n’izi nyubako hari aho batazimenyekanisha bihagije, ngo bagaragarize abakiliya ko bafite imyanya. Ubuyobozi burabafasha ariko nabo bagomba gukurura abakiliya kuko bari mu ihangana.’’
Ikibazo cy’inzu zibura abazikoreramo kandi giheruka no kugaragara mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubwishingizi n’Ubwiteganyirize, RSSB, aho byagaragaye ko inyinshi mu nyubako kigenda cyubaka hirya no hino mu turere zidakodeshwa, ku buryo hatekerejwe kuzigurisha.
Muri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta mu 2013/2014, yagaragaje ko nka 85 by’inyubako ya Nyanza Pension Plaza bidakoreshwa mu gihe Rwamagana Pension Plaza yo 78% byarimo ubusa.

Dr. Leopold Munyakazi yabwiye urukiko ko ntacyo arusubiza kuko ‘bamusuzuguye’

Dr. Leopold Munyakazi ushinjwa ibyaha bya Jenoside, yagaragaye mu Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugunga kuri uyu wa Kabiri aho yagombaga kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, avuga ko akeneye ko ibyo avuga byose bifatwa mu majwi.

Ni ingingo Munyakazi yashatse gutindaho, urukiko rukaba rwari rwasomye umwirondoro we, ruvuga ko yavutse kuri Kanyamisambi Gerard na Nyirakabano Agnes kuwa 1/1/1960, muri Komini Kayenzi muri Perefegitura ya Gitarama.

Umucamanza yamubajije niba yemera imyirondoro ye, Munyakazi ayihakana avuga ati “ntabwo ari byo, ni yo mpamvu nkeka ko atari njye… njye navutse mu 1950.’’
Ubushinjacyaha bwamureze ibyaha bitanu, birimo icyaha cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ubufatanyacyaha mu gukora Jenoside, gushishikariza abantu gukora Jenoside, icyaha cy’ubwicanyi nk’icyaha cyibasiye inyokomuntu no guhakana Jenoside yakorewe abatutsi.
Dr. Munyakazi yabanje kuvuga ko yiburanira, abajijwe niba ibyaha aregwa abyemera, avuga ko akeneye kubanza kumenya amategeko amugenga mu rukiko, ati “none ndabona ushaka no kuntegeka icyo ngomba kugusubiza.” Byabaye ngombwa ko ayasomerwa mu rukiko.
Munyakazi yasabye ko ibyo avuga byose byafatwa amajwi, kugira ngo yizere ko ibyo avuga aribyo bandika, kuko ngo mbere y’uko agezwa mu rukiko yakoresheje amasaha menshi akosora inyandiko mvugo yakoreshejwe mbere y’uko ayisinya, ndetse ko uru rubanza rwazakoreshwa mu bushakashatsi.
Ibyaha Dr Munyakazi akurikiranyweho
Ubushinjacyaha bwavuze ko aribwo bukeneye guhabwa umwanya ngo busobanure impamvu bwazanye Munyakazi mu rukiko na mbere y’uko ahabwa umwanya, ku buryo butafata umwanya hasobanurwa ibyo yasabye, hataramenyekana n’impamvu yazanwe mu rukiko.
Ubushinjacyaha bwamuzanye ngo bumusabire gufungwa by’agateganyo, ariko kugira ngo byemezwe ni uko haba hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha.
Yavuze ko ibyaha yabikoze mu gihe cya Jenoside mu yahoze ari Komini Kayenzi, Selire Gitwa, Segiteri ya Kirwa muri Perefegitura ya Gitarama, ubu ni mu Karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo.
Umushinjacyaha yavuze ko kuwa 19 Mata 1994, Munyakazi wari umuyoboke w’imena wa MDR akaba n’umuyobozi wa CESTRAR (Impuzamashyirahamwe y’abakozi), habaye inama ku mashuri ya Kirwa, maze nk’umuntu uvuga rikijyana, afatiramo ijambo abihereye ku cyo yise “amateka”.
Ngo yavuze ko “mu Mutara Inkotanyi zaje zica Abahutu zifata n’imitungo yabo, none nibo (abatutsi) basigaye kwicwa, badakwiye kubihanganira kuko ari ibyitso by’inkotanyi”.
Ubushinjacyaha bwakomeje buvuga ko ikindi mu bigize ibyaha aregwa, hari Uwitwa Kamagaju Gerturde wari warahungiye iwe yibwira ko azaharokokera, ariko “yaje kumufata aramutanga ndetse yicwa urubozo, amuhaye uwitwa Murekezi Gabriel wanahamijwe icyaha cya Jenoside.’’
Yavuze ko yagiye kwa Ugirashebuja Félicien wayoboraga amashuri abanza ashaka kumwica, ahageze mu gusenya n’abo yari ayoboye, basanga yarahunze nubwo yaje kwicirwa ahandi.
Abatangabuhamya kandi ngo bashimangiye ko ariwe wagenzuraga ishyirwa mu bikorwa ry’ubwicanyi bwakorerwaga abatutsi muri Kayenzi, ndetse amabwiriza bayahabwaga na Mbarubukeye Jean wari Burugumesitiri.
Ikindi cyaha akurikiranweho ni uko ngo ubwo yari muri Amerika “yahakanye Jenoside ku mugaragaro mu nama yari ihuje abarimu, abanyeshuri n’abakozi muri Kaminuza ya Delaware, avuga ko nta Jenoside yakorewe abatutsi yabayeho, ahubwo ari imivurungano hagati y’amoko.”
Umutangabuhamya Murekezi Gabriel we ngo yemeye ko yajyanaga na Munyakazi mu bitero, ndetse Munyakazi yari afite n’imbunda yo mu bwoko bwa Kalashnikov, bigahura n’ibyo Munyakazi yemeye mu bugenzacyaha ko yatunze imbunda ebyiri harimo masotera na Kalashnikov nubwo we avuga ko nta kibi yazikoresheje.
Ubushinjacyaha bwasabye ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo kugira ngo iperereza rikomeze ataribangamiye, hatari impungenge ko yatoroka cyangwa akabangamira ubutabera.
Yari afite amagambo menshi mu rukiko
Dr Munyakazi yahawe umwanya ngo agire icyo avuga, asubiramo ko yasabye ko ibyo avuga bifatwa ku majwi bikaba bitakozwe, ndetse ubushinjacyaha “bwamutumiye muri iyi nteko” ariko ntibumumenyeshe abo ari kumwe na bo, abyita “kubura ikinyabupfura.’’
Umucamanza yamwibukije ko amategeko atamwemerera kwitwara atyo ,naho iby’amazina, ari mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga, na byo Munyakazi ntibyamunyura kuko urukiko “atari amatafari” agize inyubako.
Munyakazi yavuze ko ibyo avuga bitafatwa nko “gusubiza ibyo yabajijwe n’urukiko” kuko adafite umwunganizi, nubwo uko yavugaga yasubizaga byinshi mu byo Ubushinjacyaha bwakomojeho.
Yabajijwe icyo avuga ku ifungwa ry’agateganyo yasabiwe, avuga ko na we ibyo yabajije urukiko ntacyo bamusubije, ati “umuntu unsuzugura, nta kintu navugana na we”, bamubajije niba ari uko byandikwa ati “babinyandikire nzabisinya”.
Gusa yaje kuvuga ko inama bivugwa ko yagiyemo irimo abanyeshuri n’abarimu muri Amerika nta yigeze ibaho, ndetse ko adakwiye “gukomeza gufungirwa mu musarani” kandi afite inzu ebyiri muri Rugenge n’indi ku isambu yahawe na Se.
Yavuze ko nta mwunganizi afite, asaba ko urukiko rutakongera kugira ikintu na kimwe rumubaza atari kumwe n’umwunganizi, ndetse abamusuye bamubwiye ko ubushinjacyaha bwatangaje ko bwamuteganyirije umwunganizi w’ubuntu, ahita ajya kwicara.
Ikibazo cy’umwunganizi cyahise gifata umwanya
Ubushinjacyaha bwavuze ko Dr Munyakazi atari mu rwego rw’abantu bari bakeneye umwunganizi w’ubuntu, ndetse hari babiri bagiranye amasezerano aribo Me Rushikama Justin na Me Mutembe kandi yabishakiye.
Me Justin yagaragaye mu rukiko atambaye igishura cy’abunganizi, asaba iminota mike ajya kwambara.
Yagarutse avuga ko yahawe n’Urugaga rw’abavoka kunganira Dr Munyakazi akigera mu Rwanda atari mu rubanza rwose, icyo gihe abwirwa ko niba “nta mbogamizi zibayemo” bakomezanya.
Me Justin yavuze ibiri mu masezerano ari ibyabo bombi, ariko Munyakazi abyubahirije nta cyamubuza kumwunganira. Munyakazi we yitsaga ko yumvise ko hari umwunganizi w’ubuntu yemerewe n’Ubushinjacyaha, ntakozwe iby’amasezerano yasinye.
Yahise avuga ko nta bushobozi afite bwo kumwiyishyurira, ndetse ngo uwagenzura konti ze mu Rwanda no muri Amerika yabibona, asaba ko bamufasha akunganirwa.
Biteganyijwe ko umwanzuro w’urukiko uzatangazwa kuwa 13 Ukwakira 2016, saa kumi z’umugoroba.

mardi 11 octobre 2016

US election: Trump lashes out at Republican chief Paul Ryan

Republican nominee Donald Trump has ripped into House Speaker Paul Ryan as a "weak and ineffective" leader.
Mr Trump unleashed an attack on Mr Ryan after the highest-ranking Republican said he would not defend the candidate.
Mr Ryan is the latest Republican not to back Mr Trump after a 2005 video emerged showing him making obscene comments about groping women.
Paul Ryan said he would no longer defend Donald Trump

Renewed party divisions over Mr Trump come as a new poll shows him 11 points behind his rival Hillary Clinton.
The PRRI/Atlantic poll released two days after the second US presidential debate suggested Mrs Clinton holds a 49-38 lead over her opponent.
A video released on Friday revealed Mr Trump describing how he had sought to have sex with a married woman and making other sexually aggressive comments about women.
The controversy prompted dozens of Republican lawmakers to rescind their support for Mr Trump less than a month before election day.

Dr Kamande is leaving MKU, Kigali

Mercyline W. Kamande, PhD, is leaving Mount Kenya University Kigali Campus for greener pastures, our sources can reveal.

Dr Kamande is leaving this University after four years as a Senior Lecturer and Coordinator, School of Post Graduate Studies, Mount Kenya University, Kigali Campus, although the new institution she is joining is yet to be revealed.

She has a PhD.  (Economics) from University of Dares Salaam, Tanzania where she Specialized  in Public Sector Economics and Econometric's the field in which she did her MA, same university. She did her BA (Economics) at University of Nairobi, Kenya.

Before joining MKU, she was a Lecturer at the School of Finance and Banking, Kigali.

jeudi 17 octobre 2013

Et pourquoi pas le Portugal ?

Avant le tirage des barrages à la Coupe du monde 2014 lundi, le Portugal fait trembler la France et semble être l'adversaire potentiel le plus craint par les Bleus devant la Croatie, la Grèce et l'Ukraine. Mais, si finalement, la nation lusitanienne était la rivale la plus prenable ?

La France ne sera donc pas tête de série lors des barrages pour la Coupe du monde 2014, cette fois c’est sûr, puisque la FIFA a rejeté sa demande, jeudi. La FFF estimait le classement FIFA des Bleus injuste puisqu’ils figuraient dans un groupe de cinq au contraire des autres pays dans des poules de six, mais la Fédération internationale n’a pas donné suite. Les 15 et 19 novembre prochains, les joueurs de Didier Deschamps défieront donc le Portugal, la Grèce, la Croatie ou l’Ukraine. Ils connaitront l’identité de leur adversaire lundi après-midi.

Les quatre opposants potentiels possèdent tous des atouts susceptibles d’inquiéter les Bleus. Après le succès acquis aux dépens de la Finlande (3-0), mardi soir au Stade de France, les Français ont quasiment à l’unisson reconnu qu’il serait «mieux d’éviter» le Portugal. «C’est sûr que le Portugal me paraît l’équipe la plus difficile à jouer», confiait par exemple Olivier Giroud. Mais Paul Pogba disait aussi : «Pour les barrages, il n’y a pas de raison d’avoir peur. On a confiance en nous et si on joue comme on vient de le faire lors des deux derniers matches, je ne vois pas pourquoi ça ne se passerait pas bien.»

Derrière Ronaldo...

Effectivement, portée par une nouvelle dynamique récente plutôt encourageante après le marasme des derniers mois, la troupe de Deschamps n’a pas forcément à trembler à l’idée éventuelle d’affronter les Lusitaniens, incapables de terminer en tête de leur poule pour la quatrième fois de rang. «Je ne suis pas sûr que les Portugais seraient heureux s’ils tombaient sur la France», arguait ainsi Samir Nasri. Et si finalement, ils n’étaient pas le meilleur adversaire à tirer ? Car la Grèce et l’Ukraine sont toujours compliqués à jouer, tandis que la Croatie, bien qu’en pleine déprime, s’est doté, avec Niko Kovac, d’un nouveau sélectionneur capable de lui insuffler un discours et un été d’esprit rafraichissants et conquérants.

Bon OK, le Portugal a franchi les barrages avec succès en 2009 et 2011 face à la Bosnie. Bon, OK, il y a Cristiano Ronaldo en face. Au compteur du meilleur joueur de la planète ces dernières saisons avec Lionel Messi : 170 sélections, 43 buts, dont 6 sur ses 7 matches en 2013 avec la sélection. Tout le monde le craint avec raison puisqu’il peut faire la décision à lui tout seul. Le capitaine est un atout de poids, c’est entendu. Mais lorsque Ronaldo ne s’illustre pas, c’est beaucoup plus souffreteux. En dix matches de qualifications, dans un groupe F dominé par la Russie et relativement faible avec Israël, l’Azerbaïdjan, l’Irlande du Nord et le Luxembourg, les Portugais ont inscrit 20 buts. En huit sorties dans un groupe à cinq équipes, la France a frappé à 15 reprises.

Huit victoires françaises consécutives

Les partenaires offensifs de CR7 ne sont pas des foudres de guerre. L’avant-centre titulaire se nomme Helder Postiga, auteur, certes, de 6 buts en 9 apparitions lors des éliminatoires, mais il n’est pas de nature à inquiéter outrageusement la bande bleue. Pas plus que Hugo Almeida (1 but en 4 matches). De son côté, Nani, même s’il reste capable d’étincelles, peine et n’a pas retrouvé son niveau d’il y a deux saisons. Le plus gros danger derrière Ronaldo, se nomme peut-être finalement Moutinho, redoutable pourvoyeur de ballons, que la L1 commence à connaitre et apprécier.

Mais, si les Français parviennent à bloquer Ronaldo ou du moins, à le rendre inoffensif, ils auront donc probablement fait une grande part du boulot. Restera ensuite à prendre le meilleur sur une défense dont le portier Rui Patricio ne respire pas la sérénité. En témoigne la bourde en toute fin de match qui a coûté la victoire face à Israël (1-1), vendredi… Franchement, il y a moyen. Et puis, la France reste sur huit succès de rang face aux Lusitaniens qui ne les ont plus battus depuis… 1975.